RFL
Kigali

Gutandukana n’umuntu ukunda, mwabanye ntabwo byoroshye ariko hari ubwo kwihanga byanga ugahitamo kwigendera-Paccy(Video)

Yanditswe na: Denise Iranzi
Taliki:29/05/2015 12:04
2


Umuhanzikazi Paccy Oda aratangaza uburyo umuntu ashobora kubabazwa cyane n’uwo bakundana ndetse akaba yanamwihanganira igihe kirekire ariko ko hari aho kwihangana kugarukira, umutima ukaremerwa ugahitamo ko mutandukana



Ibi Paccy yabitangaje mu kiganiro The Video Talk, aho yasobanuraga yinshi ku mashusho y’indirimbo ye “Mbwira” irimo amagambo n’amashusho y’umugore wababajwe cyane n’uburyo umugabo we amufata bikarangira ahisemo gufata umwanzuro wo kumusiga akigendera

Paccy

Paccy ati "iyo binaniranye urigendera"

Reba hano ikiganiro The Video Talk twagiranye na Paccy

 

 

 

N’ubwo Paccy atabona ko gutandukana n’uwo mwashakanye ariwo muti w’ibibazo byo mu rugo ahamya ko igihe kigera kwihangana bikanga bikaba ngombwa ko ugenda kugira ngo ubone amahoro.

Paccy Oda

N'ubwo yemeza ko bigoye anavuga ko gutandukana n'uwo mwakundanaga bishobora kubaho cyane

Reba hano amashusho y’indirimbo “Mbwira”

Denise IRANZI

 

 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • bagire8 years ago
    ndagukunda paccy kd nkunda ko utajya ucika intege urumuhanga . courage
  • peter8 years ago
    paccy komeza utere imbere iyi ndirimbo ninziza wayikoreye na mashusho meza





Inyarwanda BACKGROUND