RFL
Kigali

Nyuma y'uko uburanga bwa Miss Uganda buvuzweho byinshi, hari undi wiyemeje kubakura mu isoni - AMAFOTO

Yanditswe na: Editor
Taliki:28/10/2014 15:11
66


Mu gihe muri Uganda bakomeje gutuka no kwamagana Leah Kalanguka wambitswe ikamba rya Miss Uganda, undi mukobwa ukomoka muri Uganda yabijeje ko azabakura mu isoni akabasha guhagararira iki gihugu mu yandi marushanwa y’ubwiza adasanzwe yitabirwa n’abakobwa bafite umubyimba n’umubyibuho uhagije.



Leah Kalanguka yambitswe ikamba rya Miss Uganda kuwa Gatandatu tariki 25 Ukwakira 2014, ariko uburanga n’isura ye ntibyakomeje kuvugwaho rumwe, benshi bakaba bavuga ko adafite uburanga bw’umukobwa ukwiye guhagararira igihugu cyabo mu marushanwa mpuzamahanga y’ubwiza. N’ubwo abaturage ba Uganda bakomeje kwinuba, undi mugandekazi yiyemeje kubahumuriza abizeza ko azabahesha ishema mu yandi marushanwa agiye guhagarariramo Uganda.

Miss Uganda

N'ubwo yambitswe ikamba akanahembwa imodoka, uburanga bwe bukomeje kunengwa

N'ubwo yambitswe ikamba akanahembwa imodoka, uburanga bwe bukomeje kunengwa

Uyu mukobwa wundi witwa Esther Nakitende azahagararira Uganda mu marushanwa mpuzamahanga y’abakobwa babyibushye cyane, aya marushanwa yitwa Miss Plus Size Universe akaba azabera muri Trinidad & Tobago hagati ya tariki 30 Ukubona 2014 na tariki 4 Mutarama 2015, aha akaba ariho ashaka kuzahoreza amarira abaturage ba Uganda.

Uyu yiyemeje kuzakura Uganda mu isoni amahanga akabona ko iwabo hari abakobwa b'uburanga

Uyu yiyemeje kuzakura Uganda mu isoni amahanga akabona ko iwabo hari abakobwa b'uburanga

Uyu mukobwa Esther Nakitende n’ubwo ari umugandekazi yibera muri Canada aho akora ibijyanye n’imideli, mu gihe abandi bakobwa benshi ku isi baba barwanira kunanuka we akaba aterwa ishema no kubyibuha ndetse no kugira amabuno manini, akavuga ko nta kabuza azahesha ishema Uganda mu marushanwa mpuzamahanga y’ubwiza ku bakobwa babyibushye cyane, bityo akaba anasaba ko ari we wahangwa amaso bakareka gutekereza cyane kuri uyu Leah Kalanguka watorewe kuba Miss Uganda.

esther

esther

Uyu mukobwa uzahagarira Uganda mu marushanwa y'ubwiza ku bakobwa babyibushye, hizeye kuzahesha ishema igihugu cye

Uyu mukobwa uzahagarira Uganda mu marushanwa y'ubwiza ku bakobwa babyibushye, hizeye kuzahesha ishema igihugu cye

ESE WOWE URABONA MURI ABA BAKOBWA 20 BAHATANIRAGA MISS UGANDA UWARI UKWIYE IKAMBA ARI UFITE NIMERO KANGAHE?

MISS

MISS

MISS

MISS

MISS

MISS

MISS

MISS

MISS

MISS

Manirakiza Théogène






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • turikumwe bernard9 years ago
    burya ntgo itabyaye inyana ibyara ikimasa uyu yari abikwiye15 or 19
  • y phizo9 years ago
    Numero 6.
  • eva9 years ago
    like father like son!
  • kamali9 years ago
    at least 6
  • kabera epimaque9 years ago
    n 3umber 2 cg nibura 3 !!
  • kabera epimaque9 years ago
    number 2 cg nibura 3
  • John9 years ago
    Ese abahatanaga ni abangaba??? yewe ahubwo judges ntako batagize!! cyakora wenda iyo bapfa gutora number 5cg 17
  • Paco9 years ago
    2,3,5,6 na 17 abandi bose ni abagande kbsa
  • Anita9 years ago
    Ndabona ntawumurusha uburanga. Bamureke ikamba yari kwiye kuryegukana.
  • ffffffffffffffffffffffffffffffffffffffffffffffffffffffffffff9 years ago
    2,12
  • 9 years ago
    12
  • 9 years ago
    12
  • cyusa9 years ago
    3
  • mama9 years ago
    natora 17 ngenekereje kuko nda bona bakannye abakobwo kabisa buriya se koko nibo beza cyanga nuko aribo bacyikekaho wasanga hari abandi beza batigararagaje.
  • kamanzi9 years ago
    Yewe nta numwe ahubwo iyo babisubika
  • safari9 years ago
    yewe ndumiwe pe, barakanga abana
  • jean marie9 years ago
    ndabona uwarihawe arikwiye kuko Bose barasa !!!!!!!!!!!!!!!!!!!ahubwo we ni tombora yamuguyeho nano miss we ngo mutaheeeee!!!!!!!!
  • safari9 years ago
    gewe ndi judge nabisubika pe
  • Robert9 years ago
    Yeweweeee!! Dore abakobwa, harya buriya bari mu wagasabo hari nuwahiganwa nibura mu umudugudu, ni hatari kweli!!!
  • 9 years ago
    Bibayarugihitamo numero i imwe natora2





Inyarwanda BACKGROUND