RFL
Kigali

Iserukiramuco ry'Imbyino "The East African Nights of Tolerance (EANT)"rirasozwa uyu munsi

Yanditswe na: Editor
Taliki:23/11/2014 12:48
1


Nyuma y’iminsi 3 mu Rwanda habera iserukiramuco ry’imbyino ryiswe The East African Nights of Tolerance (EANT), ku munsi waryo wa 4 rirasozwa kuri iki Cyumweru rirasorezwa kuri Papyrus Restaurant



Iri serukiramuco ngarukamwaka rikozwe ku nshuro yaryo ya 3 rikaba rikorwa mu rwego rwo guteza imbere imbyino gakondo mu Rwanda no muri Afurika y’Uburasirazuba(EAC). Iri serukiramuco kandi rikaba rikorwa mu bitaramo bitandukanye rikaba ryaratangiye kuri uyu wa kane taliki 20 Ugushyingo rikaba riza gusozwa kuri iki cyumweru.

A

Iri serukiramuco ry'imbyino rirasozwa uyu munsi

The East African Nights of Tolerance (EANT) yitabiriwe n’abantu benshi bavuye mu bihugu bitandukanye nka Rwanda, Tanzania, Uganda, Kenya, DRC, Benin, Senegal, Gabon, Ivory Coast, Zimbabwe, Ubwongereza, Ububirigi ndetse n’Ubufaransa.

Dore amwe mu mafoto y’ibitaramo byamaze kuba

 a

a

a

a

a

a

a

Tubibutse ko kwinjira muri ibi bitaramo ari ubuntu. Igisoza kikaba kiza kuba uyu mugoroba muri Papyrus Restaurant.

Denise IRANZI

 

 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Peter from Inshoza contemporary dance troupe in Huye campus9 years ago
    That was great and wonderfull !!!! We enjoyed the movements creativity happiness space management and so on!!!





Inyarwanda BACKGROUND