Mu gihe muri iyi minsi Ebenizer coffee shop and restaurant ikomeje kwigaragaza nka restaurant y’indashyikirwa mu kugira amafunguro ntagereranywa mu mujyi wa Kigali, ibi bikaza biniyongere ku ikawa yaho imaze guhogoza abatari bacye, ubu ikindi benshi mu bahagana bagenda baharata ni ibyumba byiza byo kwakira Inama iyi resitora yihariye.
Ukimara kugera kuri Ebenezer
Ku bantu bifuza gutegura Inama, muri Ebenizer coffee shop and restaurant akaba ari hamwe mu hantu honyine muri iki gihe ushobora kwakirira Inama iyo ariyo yose ntukorwe n’isoni bitewe n’umutuzo, isuku n’uburyo bakira ababagana.
Muri Ebenezer harangwa n'isuku
Ku bijyanye n’amafunguro ya saa sita, muri Ebenezer bakaba barashyizeho gahunda yihariye ku bashaaka gufata Abonnement bakaba bagabanyirizwa ibiciro n’uburyo bwo kwishyura.
Twongere tubibutse ko iyi resitora ntagereranywa ikorera mu nyubako nshya y’isoko rya Nyarugenge mu igorofa rya gatatu, aho ukinjira wakirwa n’umwuka mwiza utasanga ahandi, umutuzo ndetse n’umutima mwiza wabagusanganira baza ku kwakira banaguha ikaze muri iyi resitora.
Ikawa ni kimwe mu Mwihariko ubineka muri Ebenezer
Ku bindi bisobanuro ukaba wahamagara kuri 0788302494
Inyarwanda
TANGA IGITECYEREZO