Mu myambaro myiza utapfa gusanga ahandi yaba iy’abagabo ndetse n’abagore, iduka ricuruza imyambaro kuva ku nkweto kugeza ku twenda tw’imbere Sharom shop rikomeje gutangirwa ubuhamya n’abamaze kurimenya bakarigana.
Shalom iherereye muri La Bonne Adresse
Iri duka riherereye mu mujyi rwa gati ukinjira hasi mu nyubako y’inzu ya La bonne Adresse ruguru gato ya UTC rikaba rifite umwihariko w’imyambaro ishamaje ituruka k’umugabane w’uburayi mu gihugu cya Turkia ndetse no mu mujyi wa Dubai uherereye muri leta zunze ubumwe z’Abarabu tutibagiwe inkweto za rurangiza zifite inkomoko yo mu gihugu cy’ubutaliyani gisanzwe cyizwiho kugira inkweto ziyubashye kandi ziramba.
Ubwo twanyarukiraga muri iri duka tukaba twasanze kubera imyiteguro y’iminsi mikuru ya Noheli n’ubunani ibiciro babikubise hasi aho bagabinyirije abakiliya babo ku biciro by’ibicuruzwa muri ibi bihe by’impera z’umwaka.
Ku bindi bisobanuro byisumbuyeho mwakwifuza kumenya muri Sharom shop mukaba mwavugana n’ubuyobozi bwayo munyuze kuri numero za telephone 0788897191 cyangwa mukandika email kuri: gihozoganzalawrence@yahoo.com.
Muri Shalom Shop haboneka imyambaro y'amoko menshi
Inkweto nk'izi uzihasanga ku giciro cyo hasi
Aya Masakoshi nayo aboneka muri Shalom shop
Haboneka n'imikandara myiza
Amashati
Amashati y'amoko yose
Amapantaro y'abagabo
Ushaka kugira icyo ubasonabuza cyangwa se ushakaga gukora komande wahamagara kuri 0788897191
Selemani Nizeyimana
TANGA IGITECYEREZO