RFL
Kigali

Sharom Shop iduka ry'imyambaro rijyanye n'icyerecyezo ryagabanyije ibico kubera iminsi mikuru

Yanditswe na: Editor
Taliki:26/11/2012 0:00
0




Mu myambaro myiza utapfa gusanga ahandi yaba iy’abagabo ndetse n’abagore, iduka ricuruza imyambaro kuva ku nkweto kugeza ku twenda tw’imbere Sharom shop rikomeje gutangirwa ubuhamya n’abamaze kurimenya bakarigana.

Shalom

Shalom iherereye muri La Bonne Adresse

Iri duka riherereye mu mujyi rwa gati ukinjira hasi mu nyubako y’inzu ya La bonne Adresse ruguru gato ya UTC rikaba rifite umwihariko w’imyambaro ishamaje ituruka k’umugabane w’uburayi mu gihugu cya Turkia ndetse no mu mujyi wa Dubai uherereye  muri leta zunze ubumwe z’Abarabu tutibagiwe inkweto za rurangiza zifite inkomoko yo  mu gihugu cy’ubutaliyani gisanzwe cyizwiho kugira inkweto ziyubashye kandi ziramba.

Ubwo twanyarukiraga muri iri duka tukaba twasanze kubera imyiteguro y’iminsi mikuru ya Noheli n’ubunani ibiciro babikubise hasi aho bagabinyirije abakiliya babo ku biciro by’ibicuruzwa muri ibi bihe by’impera z’umwaka.

Ku bindi bisobanuro byisumbuyeho mwakwifuza  kumenya muri Sharom shop mukaba mwavugana n’ubuyobozi bwayo munyuze kuri numero za telephone 0788897191 cyangwa mukandika email kuri: gihozoganzalawrence@yahoo.com.

imyambaro

Muri Shalom Shop haboneka imyambaro y'amoko menshi

inkweto

Inkweto nk'izi uzihasanga ku giciro cyo hasi

amasakoshi

Aya Masakoshi nayo aboneka muri Shalom shop

imikandara

Haboneka n'imikandara myiza

amashati

Amashati

shalom

Amashati y'amoko yose

shalom

shalom

Amapantaro y'abagabo

Ushaka kugira icyo ubasonabuza cyangwa se ushakaga gukora komande wahamagara kuri 0788897191

Selemani Nizeyimana






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND