RFL
Kigali

Yanditswe na: ndayizeye claude
Taliki:28/03/2013 10:40
0




Iyo nkongi y’umuriro yari yibasiye Simba Super Market umuriro ngo yaba yaturutse mu gice kibamo frigo zibikwamo inyama, bikaba bishoboka ko watewe n’insinga z’amashanyarazi zitari ziri mu mwanya wazo.

Umwe mu bayobozi b’iri soko, Gasana Charles yari yatangarije itangazamukuru ko ibyangiritse bifite agaciro kari hagati ya miliyoni 30 na 40 z’amafaranga y’u Rwanda ariko ngo ubu ibyo byangijwe byabonewe ibibisimbura dore ko ngo bitigeze bibabuza gukora.

Dore igice cya Simba Super Market cyari cyahiye

Simba Super Market iherereye mu mujyi wa Kigali rwagati, mu nyubako izwi nka Centenary House, ikaba iherutse no gufungura ishami ryayo rya kabiri mu nyubako nshya ya Grand Pension Plaza.

Foto/Internet






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND