Nyuma y’uko muri iyi minsi abantu benshi cyane cyane abagore n’abakobwa binubira imyenda igaragara hirya no hino ku masoko no mumaduka bavuga ko iba yarambawe ndetse ikaba itanakomeye, iduka ry’imyambaro Mary Land Shop ryaje kubabera igisubizo.
Kuri Mary Land mu nyubako ya Centenary House
Nyuma kandi y’uko abagore n’abakobwa benshi bagenda bavuga ko Mary Land Shop ari ryo duka rya mbere ricuruza imyenda n’inkweto byiza(Original) kandi ku giciro cyiza, byatumye twigererayo ngo turebe niba koko ibyo bavuga ari ukuri.
Ubwo twageraga muri iri duka twakiriwe na Rutaganira Emmanuelie ariwe nyir’iri duka maze adutangariza ko iyi myenda n’inkweto abirangura hirya no hino ku isi mu bihugu bizwiho gukora imyambaro ikomeye kandi mishya nka Afrika y’epfo, uburayi, Dubai n’ahandi.
Rutaganira yakomeje avuga ko kuva yatangira ibijyanye no gucuruza imyamabaro mu w’2006 yari afite intego yo kwambika abanyarwanda n’abanyarwandakazi imyambaro mishya, myiza kandi ikomeye ku giciro cyiza badahenzwe.
Rutaganira Emmanuelie mu iduka rye.
Muri iki gihe Mary Land Shop yagabanyije ibiciro (Promotion)mu rwego rwo kwifuriza abanyarwanda iminsi mikuru myiza ya Noheli n’ubunani aho abazajya baguriramo imyambaro bazajya banahabwa impano zitandukanye.
Mary Land Shop iherereye mu mujyi ku nyubako ya Centenary House ku nzu yo hasi.
Ku bindi bisobanuro mwakwandikira Madame Emmanuelie kuri : manuelly2020@gmail.com cyangwa mukamuhamagara kuri 0788829088.
Mary Landy bafite imyenda y'ubwoko bwose
Haboneka amasakoshi meza kandi agezweho
Muri Mary Land haboneka n'inkweto z'amoko atandukanye
Amashati meza kandi agezweho nta handi wayasanga atari muri Mary land
Muri Mary Land haboneka n'amapantaro meza
Amajipo meza kandi akomeye ni muri Mary Land
Amashati ya Original
Amakoti meza y'abadamu
Muri Mary Land bakwakirana urugwiro
Robert N Msafiri
TANGA IGITECYEREZO