RFL
Kigali

Yanditswe na: Wataifa
Taliki:3/06/2013 15:52
0




Abantu benshi usanga bibaza ahantu bazajya bakura imyambaro myiza kandi ihendutse yo kwambara igihe  bafite ibirori byiyubashye nk’ubukwe n’ibindi nkibyo.Ubu rero Ian boutique yakemuye iki kibazo kuko bafite amakoti,amakanzu meza buri munyarwanda wese yakwambara akahanyurana umucyo.

Iri duka rikodesha imyenda  rizana mu Rwanda  amakoti  n'amakanzu meza aba agezweho  riyavanye muri America ndetse no kumugabane w’Uburayi  maze bakaba bayakodesha umuntu wese ushaka kurimba mugihe afite ibirori.By'umwihariko umugeni aba ashobora kuzana modele bakazajya kumukoreshereza maze akazambara iyo kanzu bwa mbere .Ibi byose ni kugiciro gito cyane utasanga ahandi.

Mukiganiro na Eric ariwe ufite iri duka rya Ian Boutique yagiranye na inyarwanda.com yagize ati:”Twararebye dusanga  abantu baba bakeneye imyambaro igezweho kandi ijyanye n’igihe mugihe bagiye mu bukwe,gusenga,mu nama zikomeye,mubirori bitandukanye n’ahandi maze ugasanga  babura ahantu bakodesha iyo myenda cyane ko umuntu atahora agura amakoti buri munsi uko afite ibirori ,niho twahereye rero dufata iyambere mugushyiraho niri duka ngo tujye tuzanira abanyarwanda imyambaro myiza igezweho yaba amakoti cyangwa amakanzu asanzwe n’ayabageni bambara. “

Twababwira ko Ian Boutique bakorera mu mujyi wa Kigali rwa gati ,aha hoze Athenee bakaba kandi banakorera mu isoko rishya rya Nyarugenge muri Etage ya 2.Kubafite ubukwe kandi, muri iyi minsi bagabanyirijwe ibiciro kuburyo bugaragara .Kubashaka gukoresha  reservation bahamagara kuri: +250788425242 cyangwa bagasura facebook page yabo yitwa Ian boutique dore ko hariho na bimwe mubyo baba bafite bishya.Guhera kumafaranga 15,000 y’u Rwanda ushobora kwibonera ikoti ryiza wakorana ubukwe.

Dore imwe mubyambaro wasanga muri IAN BOUTIQUE:

amakot

Amakoti buri wese yakwambara akaberwa.

pd

Iri koti P Diddy yambaye ushobora kuryambara nawe.

Dres

Amakanzu meza cyane kandi yiyubashye

Cos

Amakoti agezweho kandi akiri mashya.

iko

Amakoti meza y'abagabo

abageni

Amakanzu meza y'abageni.

cost

Amakoti ni menshi cyane ntawe ushobora gucikanwa

mini

N'abambara ibigufi barabambika.

ia

Ntahandi wasanga amakoti meza nkaya atari muri Ian Boutique.

Niba ushaka kuzajya ubona imyenda mishya Ian Boutique yazanye Kanda Like kuri ino page yabo ya facebook  yitwa Ian Boutique cyangwa se ushobora no guhamagara kuri  +250788425242 cyangwa ukabandikira kuri e-mail:bireric@yahoo.fr






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND