RFL
Kigali

Contact Restaurant yadabagije abakiriya ku biciro by'amafunguro ya saa sita

Yanditswe na: Editor
Taliki:1/11/2012 0:00
0




Contact Restauranta iherereye mu mujyi wa Kigali mu nyubako y’isoko rishya rya Nyarugenge, yadabagije abakiriya bayo ishyira igiciro cy’ibiribwa ku giciro cy’amafaranga 2000 bakanabaha ikinyobwa.

contact

Muri Contact Restaurant haboneka amafunuro y'ubwoko bwose

Nyuma yo kumara iminsi igeza serivisi z’indakemwa ku bakiriya babo, Contact Restaurant ikaba yatekereje ku buryo bushya bwo kujya babasha gufata amafunguro bagahita banahabwa ikinyobwa kidasindisha cyo kurenza ku mafunguro.

Kugeza ubu muri iyi restaurant bafitiye abakiriya babo amafunguro y’amoko yose yaba atetse Kinyarwanda hamwe n’atetse ruzungu, bakanagira kandi ibinyobwa birimo imitobe nibindii.

Muri Contact Restaurant kandi bafitiye abakiriya babo ikawa y’ubwoko bwose, ikaba iteguranye ubuhanga.

drink

Ku mafaranga 2000 umukiriya abasha guhabwamo ibiribwa n'icyo kunywa

salades

Haboneka Salades

contact

amafunguro

amafiriti

Ubwoko bwose bw'amafunguro buboneka muri Contact restaurant!

Jean Paul IBAMBE






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND