RFL
Kigali

Abakobwa 70 bahatanira Miss Supranational bagaragaye mu mwenda wo kogana, Umwali Neema we ntagaragaramo - AMAFOTO

Yanditswe na: Editor
Taliki:23/11/2014 11:29
9


Umwali Neema uhagarariye u Rwanda mu marushanwa ya Miss Supranational hamwe na bagenzi be bagera kuri 70, kuri uyu wa Gatandatu basuye umujyi ukomeye cyane w’amateka unamaze igihe kinini mu gihugu cya Polonye witwa Krakow, nyuma yaho bakaba baranagaragaye mu mwambaro wo kogana uzwi nka “Bikini”.



Uyu mujyi ubitse ingoro ndangamuco n’umurage bya Polonye bitandukanye, unafatwa nka hamwe mu hantu hakomeye mu bijyanye no guteza imbere ubukungu bw’iki gihugu kirimo kuberamo amarushanwa, uyu mujyi kandi ukaba waramaze igihe kirekire ari wo murwa mukuru w’iki gihugu.

miss

miss

miss

Muri uyu mujyi abakobwa bari bishimiye cyane ibyiza nyaburanga byaho

Muri uyu mujyi abakobwa bari bishimiye cyane ibyiza nyaburanga byaho

Aba bakobwa bahagarariye ibihugu byabo bitandukanye muri aya marushanwa barimo n’umunyarwandakazi, batangiye bakora urugendo n’imodoka bava muri Zakopane berekeza muri uyu mujyi wa Krakow, babanza guhagarara basura ingoro y’ibijyanye n’indege ya Polonye aho bafatiye amafoto atandukanye y’urwibutso, hanyuma bakomereza muri uyu mujyi rwagati aho basanze byinshi bihishe amateka y’iki gihugu.

Miss Umwali Neema uhagarariye u Rwanda muri aya marushanwa

Miss Umwali Neema uhagarariye u Rwanda muri aya marushanwa

Nyuma yo gufatira amafunguro ya saa sita muri uyu mujyi, Umwali Neema uhagarariye u Rwanda na bagenzi be 70 bahatanye muri aya marushanwa ya Miss Supranational, bahise berekeza mu mujyi witwa Wieliczka ahari ibirombe bikomeye ku isi bicukurwamo umunyu, hanyuma basoza ubutembere bwabo batangira kuruhuka.

Mu gutaha bagiye kuruhuka, aba bakobwa basubiye mu mujyi wa Zakopane berekeza muri Hotel Mercure Kasprowy aho bahise batangira koga, aha bakaba bagaragara mu mwenda w’imbere wo kogana uzwi nka “Bikini”. Abakobwa bakaba berekanye ko bishimiye kwambara uyu mwenda kandi ko nta kibazo ubateye, gusa Umwali Neema uhagarariye u Rwanda we isura ye ntigaragara muri aba bakobwa.

miss

miss

miss

miss

miss

miss

miss

 miss

miss

miss

miss

miss

miss

miss

miss

miss

miss

miss

miss

miss

miss

miss

miss

miss

miss

Aba bakobwa bagaragaye mu myambaro izwi ku izina rya Bikini

Manirakiza Théogène






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • yaya9 years ago
    Mbega utwana duteye ubusambo wee! Imboro zirarya kabisa!
  • rubuto9 years ago
    muradutuburiye tuuu. miss wacu nimba atashobora kwambara bikini niyigarukire aratarangiza menshi ndavuga cash
  • 9 years ago
    yego koko baracyeye
  • Nina9 years ago
    Ubwo se ko muvuga ngo Neema na bagenzi be kandi we nkaba ntawe mbona yambaye bikini? ubwo ntimutubeshye koko Theogene we?
  • aln9 years ago
    vraiment kwiyubaha ni byiza.nku muntu witwa yaya.bagusabye igitekerezo nibagusabye,ninagusabye kuvg ibifuti nkutarezwe.ama missi wacu ko aguma yihisha.
  • 9 years ago
    ni wamuco 2
  • 9 years ago
    ni wamuco 2
  • sogi yagasi9 years ago
    yaya nta burere agira
  • bella9 years ago
    byiza ubwo atambaye igitenge hejuru ya bikini





Inyarwanda BACKGROUND