RFL
Kigali

Nyuma y'amezi abiri apfuye,abagize itsinda rya P Square bashyinguye mu cyubahiro umubyeyi wabo(se)-AMAFOTO

Yanditswe na: Robert Musafiri
Taliki:31/01/2015 12:07
2


Nyuma y’igihe kigera ku mezi abiri abasore babiri bagize itsinda rya P Square babuze se bari basigaranye, kuri uyu wa kane nibwo uyu mubyeyi yashyinguwe mu cyubahiro.



Amakuru dukesha urubuga rwa Naij.com avuga ko nyuma y’umuhango wo kumushyingura, kuri uyu wa gatanu hakurikiye igitambo cya misa cyakorewe uyu mubyeyi kuri kiliziya ya mutagatifu Gabriel ihererye ahitwa Ifitedunu muri leta ya Anambra ari naho uyu mubyeyi yari atuye.

p

P Square

Abagize P Square n'imiryango yabo bari bitabiriye uyu muhango

p

p

Kari agahinda kenshi kuri Paul ndetse na Peter Okoye

p

Inshuti n'abavandimwe bari baje kwifatanya n'umuryango

p

p

Umutekano wari wakajijwe ku buryo bukomeye

p

p

p

Abantu benshi bari bitabiriye uyu muhango

p square

Iyi niyo modoka yatwawemo umurambo

Abantu benshi bakaba bakomeje kwibaza impamvu uyu mubyeyi yari amaze gihe kingana uku atarashyingurwa dore ko yitabye Imana tariki 24 Ugushyingo 2014.

Robert Musafiri






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 9 years ago
    lmana imwakire mubayo
  • 9 years ago
    imana imwakire mubayo





Inyarwanda BACKGROUND