RFL
Kigali

Mfite ubushobozi bwo kuba perezida wa Nigeriya-Davido

Yanditswe na: Editor
Taliki:30/01/2015 8:28
5


Umuhanzi Davido wo mu gihugu cya Nigeriya yamaze kugaragaza gahunda afite mu matora ya 4 y’umuyobozi w’iki gihugu ndetse anahamya ko ashoboye kuba yamuba.



Ibi umuhanzi Davido yabitangaje mu kiganiro cya MTV Base cyitwa “Choose or Lose Vox Pop” aho yagize ati “Yego rwose mfite gahunda yo kuzagira uruhare muri ariya matora kandi nzanatora kuko ndashaka ko ijwi ryanjye ryumvikana. Nta mpamvu yo kutishimira ibitagenda neza mu gihe utatoye.”

N'ubwo ari umuhanzi kandi akaba anatora abayobozi na we yumva ashaka kuyobora igihugu

Abajijwe niba abona umwe mu byamamare byo muri iki gihugu yaba umuyobozi ndetse n’uwo abonamo ubwo bushobozi yagize ati “ Ntekereza ko mfite ubushobozi buhagije bwo kuba umukuru w’igihugu, kubera ari njye. Ndashaka kuba perezida!”






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • gitamisi9 years ago
    itabi ryinshi
  • kayonga9 years ago
    ngo rya tungo rirnda urugo ryarashyutswe rurapfa!!!!
  • Lucky9 years ago
    nagende arumva se ari iki yagabanya cg yakemura ku bibazo Nigeria ifite nka Bokos
  • 9 years ago
    naturirimbire nibyo ashoboye.naho ibindi byo nabirekere ababimenyereye
  • VAvin9 years ago
    Ndumva Mr.Davido afite intego kbx





Inyarwanda BACKGROUND