RFL
Kigali

Gusa cyane na Rihanna byamubereye umugisha ku buryo bimutunze-AMAFOTO

Yanditswe na: Robert Musafiri
Taliki:23/11/2014 22:05
27


Mu gihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika hari umukobwa witwa Andele Lara w’imyaka 22 amaze kubyarirwa umusaruro n’uburyo asa cyane n’umuhanzikazi w’icyamamare Rihanna.



Uyu mukobwa utuye muri leta ya Massachusetts mu mujyi wa Boston amaze kwamamara cyane hirya no hino aho agenda anyura kuko bamwitiranya n’icyamamare muri muzika Rihanna ndetse bamwe bamubona bakanavuza induru abandi bakamukurikira bagenda bamufotora bazi ko babonye Rihanna.

Lara

Lara na Rihanna barasa cyane

Kuba asa na Rihanna byatumye zimwe mu nganda ndetse n’ibigo bikomeye by’ubucuruzi bimwegera bikamukoresha mu bikorwa bitandukanye byo kwamamaza.

 andele

Uyu mukobwa asa cyane na Rihanna

andeleRihanna

Asigaye atinya kugenda ahantu hari abantu benshi kuko bahita bamwuzuraho bamwitiranya na Rihanna

Andela

Ibigo bikomeye byatangiye kumukoresha mu kwamamaza kubera ukuntu asa na Rihanna

Andela

Andele asa cyane na Rihanna ku buryo abantu basigaye bamwifotorezaho

 Andele

Andele Lara asigaye atunzwe no kuba asa cyane na Rihanna

Andele

lara

Lara ntiyazuyaje kubyaza umusaruro impano yo gusa na Rihanna

Lara

Aho anyuze hose abantu bamwirukaho bamufotora kubera ukuntu asa na Rihanna

Rihanna

Lara

Andele Lara amaze kwamamara kubera gusa na Rihanna

Lara

Uyu mukobwa yiyemeje kubyaza umusaruro amahirwe Imana yamuhaye yo gusa na Rihanna

lara

Lara na Rihanna barasa cyane

Igishimisha cyane uyu mukobwa ni ukuntu kera akiri umwana hari abantu bamusererezaga ndetse bakanamuseka bavuga ngo ni mubi ariko ubu akaba ahita bakamwifotorezaho kubera ukuntu asa n'icyamamare Rihanna.

Ese nawe koko urabona uyu mukobwa asa cyane na Rihanna?

Robert N Musafiri






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • ARUMI9 years ago
    Nimukatubeshye umwe asa ukwe nanaho bahuriye
  • leila9 years ago
    Mana nyagasani njye ndabona ntanaho bahuriye mugusa peeeeee!!!!
  • 9 years ago
    wa habe nagato
  • zamda9 years ago
    Wouw!kbsa
  • 9 years ago
    barasa pe Wagirango nimpanga ye
  • gihaya9 years ago
    barasa pe wagirango nimpanga.
  • Claire9 years ago
    Yoyoyoyo barasa rwose kdi cyane nonese uyu mukobwa bitew nuko asa cyane nkicyamamare rihanna baba baziranye byibuze? dore ko yanamamaye ahantu hose.
  • 9 years ago
    wapi nibasa rihana numukobwa mwiza change nibaka tubeshye
  • caribbean ineza9 years ago
    ububibwe bwaramukijije.ntihakagire uwinubira uko .gusa jye sntabyo mbonako basa
  • x9 years ago
    Basa he?!!mbega
  • x9 years ago
    Basa he?!!mbega
  • Robert9 years ago
    wapi ntibasa!!!
  • chris ba alain9 years ago
    wapi mbona badasa kbsa,,,
  • kwizela9 years ago
    ndabemela
  • Rosine9 years ago
    batandukaniy ku izuru
  • 9 years ago
    Ntago basa kbs
  • SERUGABA RODRIGUEZ9 years ago
    BARASA CANE
  • gahonzi9 years ago
    wapi habenamba
  • lplo9 years ago
    iminwa yabo iratandukanye na apperence ntabwo ari zimwe.kubantu batazi kwitegereza neza nibo babitiranya.
  • mimi9 years ago
    uyu mwanda se usa na rihanna he?reba uko gahagaze ubwose taye ya rihanna murayizi?umwaku gusa!





Inyarwanda BACKGROUND