Mu gihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika hari umukobwa witwa Andele Lara w’imyaka 22 amaze kubyarirwa umusaruro n’uburyo asa cyane n’umuhanzikazi w’icyamamare Rihanna.
Uyu mukobwa utuye muri leta ya Massachusetts mu mujyi wa Boston amaze kwamamara cyane hirya no hino aho agenda anyura kuko bamwitiranya n’icyamamare muri muzika Rihanna ndetse bamwe bamubona bakanavuza induru abandi bakamukurikira bagenda bamufotora bazi ko babonye Rihanna.
Lara na Rihanna barasa cyane
Kuba asa na Rihanna byatumye zimwe mu nganda ndetse n’ibigo bikomeye by’ubucuruzi bimwegera bikamukoresha mu bikorwa bitandukanye byo kwamamaza.
Uyu mukobwa asa cyane na Rihanna
Asigaye atinya kugenda ahantu hari abantu benshi kuko bahita bamwuzuraho bamwitiranya na Rihanna
Ibigo bikomeye byatangiye kumukoresha mu kwamamaza kubera ukuntu asa na Rihanna
Andele asa cyane na Rihanna ku buryo abantu basigaye bamwifotorezaho
Andele Lara asigaye atunzwe no kuba asa cyane na Rihanna
Lara ntiyazuyaje kubyaza umusaruro impano yo gusa na Rihanna
Aho anyuze hose abantu bamwirukaho bamufotora kubera ukuntu asa na Rihanna
Andele Lara amaze kwamamara kubera gusa na Rihanna
Uyu mukobwa yiyemeje kubyaza umusaruro amahirwe Imana yamuhaye yo gusa na Rihanna
Lara na Rihanna barasa cyane
Igishimisha cyane uyu mukobwa ni ukuntu kera akiri umwana hari abantu bamusererezaga ndetse bakanamuseka bavuga ngo ni mubi ariko ubu akaba ahita bakamwifotorezaho kubera ukuntu asa n'icyamamare Rihanna.
Ese nawe koko urabona uyu mukobwa asa cyane na Rihanna?
Robert N Musafiri
TANGA IGITECYEREZO