Tariki ya 8 Nyakanga 2017 mu mukino wabereye i Nyamirambo ubwo Azam FC yari imaze kunyagirwa na Rayon Sports ibitego 4-0, igikombe cyahawe abambara ubururu n’umweru kuko bari baragitwaye mbere yuko shampiyona irangira. Nyuma y’imihango yo gutanga igikombe, abanyamuryango ba Rayon Sports bagiye kwiyakirira muri Camp Kigali basoma SKOL biratinda.
Byari ibirori byo kwishimira ibyagezweho n’umuryango wa Rayon Sports harimo intego nyamukuru yo kuba baratwaye igikombe cya shampiyona y’umwaka w’imikino 2016-2017 barusha cyane ikipe ya APR FC. Muri uyu muhango ni naho abakinnyi nka Habimana Yussuf baguze muri Mukura Victory Sports beretswe abafana cyo kimwe na Eric Rutanga wavuye muri APR FC.
Mu kwishimira ibyagezweho, abafana n’undi wese ufite aho ahurira na Rayon Sports nta kindi kinyobwa cyari kumugwa ku nzoka uretse ibinyobwa byengwa n’uruganda rwa SKOL byaba ibisembuye nka SKOL Lager cyangwa ibidasembuye birimo nka Panache.
Gakwaya Olivier (ibumoso) muri Camp Kigali
Abafana ba Rayon Sports bizihiwe
Rwarutabura anyurwa n'umuziki
Haririmbwa indirimbo yubahiriza Rayon Sports
Nova Bayama (ibumoso), Kwizera Pierrot Mansare (Hagati) na Mugisha Francois Master (iburyo)
Rujugiro na bagenzi be bafana Rayon Sports yabasuye
Abakinnyi basuhuza abayobozi
Abafana baririmba
Habimana Yussuf asuhuza aba-Rayons
Eric Rutanga (Ubanza iburyo) nawe yarakiriwe
MBERE Y'UMUKINO........
Bamwita Rasta wo ku Gisozi
Abafana ba Rayon Sports
Skol
Abafana binjira muri sitade
Imbere muri sitade
KANDA HANO UREBE UKO UMUKINO WA AZAM FC 2-4 RAYON SPORTS BYARI BYIFASHE MU MAFOTO MENSHI
TANGA IGITECYEREZO