RFL
Kigali

Mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’ imyaka 35, KONKA iri gutanga Promosiyo ku bikoresho byayo

Yanditswe na: Christophe Renzaho
Taliki:6/10/2015 9:06
4


Muri aya mezi nibwo KONKA Group Company Ltd iri kwizihiza imyaka 35 imaze ishinzwe. Ni muri urwo rwego iri gutanga Promosiyo ku bikoresho by’ayo mu rwego rwo gusangira iyi sabukuru n’abakiriya bayo .



Ikigo KONKA Group Company ni ikigo gikora ibikoresho by’ikoranabuhanga (Electronics) bitandukanye birimo: Televiziyo , Frigo, ibyuma bitanga umuyaga, telefoni n’ibindi . Ni ikigo kimaze imyaka 35 gikora aka kazi, akaba ari ikigo gikorera mu bihugu bisaga 30 harimo na Africa. Kuri ubu KONKA Group Company ikaba yarageze no muri Africa y’iburasirazuba ari naho u Rwanda ruherereye.

Displaying KJGFKYJFDGDIHH.jpg

Telefoni za KONKA

Telefoni za KONKA

Telefoni za KONKA

Amatelefone yo mu bwoko bwose uhereye ku bihumbi 30.000fr uzamura ubona iyawe.


Frigo

KONKA ifite Frigo zo mu ngo n’iz’ubucuruzi zihendutse kandi zidatwara umuriro mwinshi

Konka yizihije isabukuru y’imyaka 35, igabanya ibiciro bya televisiyo ya rutura

Amateleviziyo ya rutura yo mubwoko bwa ( LED Flat Screen )

Clim.

Displaying konka-handheld-hand-blender-mixer-mincer-juicer-vipshopper-1504-26-vipshopper@3   (2).jpg

Displaying kljljjpo.JPG

Ni muri urwo rwego rero mu kwizihiza iyi sabukuru yamanuye  ibiciro bya bimwe mu bikoresho byayo kugirango ibashe kwishimana n’abakiriya  bayo. Kuri ubu KONKA yagabanyijeho  50% kuri bimwe mu bikoresho byayo cyane cyane nka Television guhera kuri  Pousse 47 kuzamura. Iri gabanya kandi riri gukorwa kuri Telefoni ngendanwa ku rugero rwa 40% hamwe n’ibindi bikoresho bya KONKA. Akarusho  ni uko KONKA iguha garanti (Warrant) y’amezi 14. Ikindi ni uko iyo  abantu bishyize hamwe cyangwa bafite aho bakorera cyangwa ahandi babarizwa(Adress), KONKA ibakopa ibikoresho byose bashaka bakazishyura buhoro buhoro.

Hano mu Rwanda KONKA Group Company  wayisanga mu mujyi wa Kigali Rwagati mu nzu ya KCT no ku muhanda ugana ku bitaro bya  CHUK imbere gato ya KCB Bank cyangwa ku isoko rishya rya Nyarugenge. Ushobora  kuyisanga ku cyicaro cyayo kuri T2000 nshya imbere yo ku nyubako yo kwa Ndamage ukabasha kugerwaho n’iryo gabanuka .

Muri iyi minsi KONKA yazaniye abakiriya bayo ubwoko bushya bw’amatelefone butari busanzwe nabwo bwahise bujya kuri Promotion burimo nka:   Konka smartphone K3 iri kugura 115000 RFW, Konka smartphone L823 iri kugura 93000RFW na   Konka smart phone V713 iri kugura 610.000RWF.

Ukeneye ibindi bisobanuro wahamagara kuri numero ya telefoni igendanwa   0788547212

 

  






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • thierry8 years ago
    nibatuzanira na branch ahatari kigali twigurire bafite ibintu byiza murakoze.
  • titi8 years ago
    batuzanire natwe i muhanga twihahire
  • Maisson8 years ago
    Ibyo nibyizza arko mutubwire aho mukorera tubagane
  • gombaniro yves8 years ago
    Ibi biciro nibyo byagabanyijwe cg nibyo bikorerwa igabanuka mutanga igihe kingana iki cyo kwishyura





Inyarwanda BACKGROUND