RFL
Kigali

Ihere ijisho amakanzu meza n’amakoti agezweho Ian Boutique yavaniye abakiriya bayo muri Turukiya

Yanditswe na: Christophe Renzaho
Taliki:28/10/2016 8:33
5


Uwambaye neza agaragara neza. Ni muri urwo rwego iduka ricuruza imyenda rya Ian Boutique rikomeje kuzanira abakiriya baryo imyenda myiza ,igezweho kandi ku giciro kigendanye n’umufuka wa buri mukiriya.



Nyuma y’uko mu ntangiriro y’impeshyi iduka rya Ian Boutique ryari ryazaniye abakiriya baryo imyenda mishya igezweho, kuri ubu nanone iri duka  ryamaze kuzana indi mishya iturutse mu gihugu cya Turukiya mu rwego rwo gufasha abakiriya babo kugendana n’igihe mu myambarire.

Aya ni amafoto agaragaza imwe mu myenda igezweho haba amakoti y’abagabo n’amakanzu y’abakobwa ndetse n’abagore bakwambara mu minsi mikuru inyuranye harimo n’ubukwe.

Ian boutique

Ikanzu nziza nk'izi wazisanga muri Ian Boutique

Ian boutique

 

Ian boutique

Muri Ian Boutique barakwambika ukaberwa

Ian boutique

Ian boutique

Ian boutique

 Uwo ariwe wese ahakura ikanzu kandi yishimiye

Ian boutique

 

Ian boutique

 

Ian boutique

 

Ian boutique

 

Ian boutique

 

Ian boutique

 

Ian boutique

 

Ian boutique

 Amakoti agezweho uyasanga muri Ian Boutique

Ian boutique

 

Ian boutique

 

Ian boutique

 

Ian boutique

Ian Boutique yambika abageni n’ababambariye n’abandi bafite iminsi mikuru itandukanye. Uretse iyi myambaro mishya, serivisi nziza abagana iri duka basanzwe bahabwa ntiyigeze ihinduka ndetse ubuyobozi bwa Ian Boutque burasezeranya ababagana ko ibiciro biri hasi kuburyo uhageze wese bamufasha kurimba no kurimbisha abantu be bazitabira ibirori yateguye.

Ian Boutique iherereye mu isoko rishya ry’umujyi wa Kigali(Kigali City Market), mu nyubako ya 2. Ukeneye ibindi bisobanuro wabahamagara kuri 0788425242.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Kamali7 years ago
    Ndabona ari byiza, ariko mujye mushyirabo n'ibiciro umuntu ajyeyo yizeyeko ari buhahe aho kugirango agereyo bamubwire amafaranga asohoke yiruka. Murakoze
  • 7 years ago
    Ntibahenda rwose! baranyambitse ndabizi!
  • john obi michael7 years ago
    ikiza nuko mwajya mushyiraho igiciro umuntu akaza yiteguye kudasubirirayaho adahashye.murakoze
  • DUSHIMIRE Jean 4 years ago
    Ikanzu nziza ni angahe? Ipantaro n'ikoti ni angahe?
  • ntezimana ildephonse4 years ago
    mujye mutubwira ibiciro kugirango tuze kuri shop tuziko turi bugure.murakoze





Inyarwanda BACKGROUND