RFL
Kigali

MTN: Charly na Nina, Urban Boys na Riderman basusurukije abanya-Rubavu mu isabukuru ya YOLO-AMAFOTO

Yanditswe na: Mihigo Saddam
Taliki:27/08/2017 4:59
2


Nyuma ya gahunda zitandukanye zabereye ku nkengero z'ikiyaga cya Kivu mu isabukuru ya poromosiyo ya YOLo, abahanzi bari mu itsinda rya Charly na Nina ni bo baririmbye mbere. Abandi bahanzi basusurukije abanya Rubavu harimo Urban Boys na Riderman. Ni mu gitaramo cyateguwe na MTN mu kwizihiza isabukuru y'umwaka umwe YOLO imaze.



Nk'abahanzi bafite abakunzi batari bacye muri iki gihugu cyiza dutuye, Charly na Nina bafatanyije n'abafana babo kuririmba zimwe ndirimbo zakunzwe zirimo; Mfata, Indoro n'izindi muri gahunda yo kwishimana n'abakunzi b'umuziki, abafana b'abafatabuguzi ba MTN Rwanda.

Riderman umugabo uririmba mu njyana ya Hip Hop, ni we waje akurikira Charly na Nina. Uyu muraperi yanavuze ko ari we wa mbere muri Lap mu Rwanda, yashimishije abafana be akoresheje indirimbo zakunzwe n'izo mu myaka ishize nka Umwana w'umuhanda, Bomboli Bomboli n'izindi. 

Nyuma ya Riderman, habayeho umuhango wo gukata umutsima w'ibyishimo mu kwizihiza amezi 12 (Umwaka umwe) poromosiyo ya YOLO imaze ije mu Rwanda. Nyuma y'ibyo, Charly na Nina bafatikanyije na Riderman Riderman baririmbana indirimbo iranga poromosiyo ya YOLO. Urban Boys baje baririmba indirimbo yabo bise Kiss Money, Till I Die bafatanya na Riderman n'izindi zitandukanye nka Too Much, Call Me na Nipe.

REBA AMAFOTO Y'UKO BYARI BIMEZE I RUBAVU

Imvura yashatse kuzamo biba iby'ubusa imbere y'umuziki

Hari abantu benshi cyane

Niba muri uru Rwanda hari umukobwa urusha DJ Ira kuvanga iumuziki bazamushyire MTN Rwanda

Niba muri uru Rwanda hari umukobwa urusha DJ Ira kuvanga umuziki bazamushyire MTN Rwanda

ALAFAT abyina Mariya Roza

ALAFAT yabanje gukata umuziki birangira atsindiye telefone 

ALAFAT abazwa ibibazo

ALAFAT abazwa ibibazo

Abafana ba ALAFAT bavuga bati "Muyimuhe"

Abafana be bati 'Muyimuhe rwose yatwemeje'

Akagoroba k'i Rubavu

Akagoroba k'i Rubavu 

Charly & Nina ku rubyiniro

Charly & Nina ku rubyiniro

Charlotte Mukarurinda uzwi nka Charly

Charly & Nina

Charlotte Rulinda uzwi nka Charly

Nina ku rubyiniro

Nina ku rubyiniro

Charly & Nina imbere y'abafana

Charly & Nina imbere y'abafana

Muyoboke Alex ushinzwe gushakira akaryo aba bakobwa (Manager) aba acungira hafi

Muyoboke Alex ushinzwe gushakira akaryo aba bakobwa (Manager) aba acungira hafi

Abafana b'umuziki

Abafana b'umuziki 

Riderman

Riderman avuga ko ari we muraperi wa mbere mu Rwanda

Riderman imbere y'abantu be i Rubavu

Riderman imbere y'abantu be i Rubavu

Riderma amanura ikirongo

Riderma amanura imirongo 

Riderman yavuze ko ariwe muraperi wa mbere mu Rwanda

Riderman yavuze ko ari we muraperi wa mbere mu Rwanda

Umutsima ugezwa ku rubyiniro

Umutsima ugezwa ku rubyiniro

Bakata umutsima

Bakata umutsima 

Charly & Nina bafatanyije na Riderman muri YOLO

Charly & Nina

Riderman

Riderman

Charly & Nina bafatanyije na Riderman muri YOLO

Urban Boys ku rubyiniro

Urban Boys ku rubyiniro

Abafana bakira Urban Boys

Abafana bakira Urban Boys

Safi Madiba kuva muri Urban Boys

Safi Madiba kuva muri Urban Boys 

Humble Gizzzo Urban Boys

Humble Jizzo umwe mu bagize Urban Boys

Nizzo Kabos imbere y'abafana ba Rubavu

Nizzo Kabos imbere y'abanya Rubavu

Riderman

Riderman yaje abafasha kuririmba Till I Die nyuma baza kuririmba izindi ndirimbo nka Mama dore ko ari nabo basoje gahunda y'abahanzi saa Mbili n'iminota umunani (20h08') kugira ngo DJ Epman wavuye muri Uganda yemeze abantu mu kuvanga umuziki.

IZINDI NKURU WASOMA ZIJYANYE N'IKI GITARAMO

MTN yakoranye umuganda n’abatuye i Rubavu mbere y'uko hizihizwa umwaka ushize urubyiruko ruhawe serivisi ya YOLO-AMAFOTO 

MTN-RUBAVU: Uko byari byifashe kuri Public Beach mbere yuko abahanzi batangira kuririmba mu isabukuru ya YOLO-AMAFOTO

MTN YOLO- RUBAVU: Umunyamahirwe yatsindiye telefone ifite agaciro k'ibihumbi 50 by'amanyarwanda

AMAFOTO:Saddam MIHIGO/INYARWANDA.COM






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Nana6 years ago
    Ariko se ninde wambika Charly na Nina.nabakobwa beza kandi bazi kuririmba ariko Bambara nabi pe.bazabyigeho bashake umuntu uzi kwambika ajye abambika kuko bafite na taille nziza.cyangwa banga gushora cash mumyenda.ushobora kwambara ibyamake ariko byiza bigaragara neza kandi bibabereye.muzajye mugerageza pe
  • Bijou6 years ago
    Mwiriwe shan ni ukuri Nana uvugisha ukuri pee. ntago Bambara nk'aba stars byo vrmt. kandi ni abakobwa beza bafite na taille nziza. Ikintu cy'imyambarire kbs bacyigeho kuko nacyo ndakeka buri mu stars wese kimureba.





Inyarwanda BACKGROUND