RFL
Kigali

Konka yazanye Frigo nshya ,ziramba kandi zihendutse -AMAFOTO

Yanditswe na: Christophe Renzaho
Taliki:3/11/2016 11:05
4


Mu rwego rwo kurushaho kugeza ku bakiriya bayo ibikoresho biramba kandi bihendutse, Konka Group Company LTDyabazaniye Frigo nshya, ziramba kandi zihendutse.



Nyuma y’uko yari iherutse kuzanira abakiriya bayo ‘screens/Ecrans’ nshya , zigendanye n’igihe kuri ubu mu maduka ya Konka urahasanga Frigo nshya kandi ku giciro buri wese yabasha kuguramo iye. Ubuyobozi bwa Konka Group bwatangarije Inyarwanda.com ko ibi bari kubikora mu rwego rwo gufasha abakiriya bayo kugendana n’igihe, batunga ibikoresho by’ikoranabuhanga bigezweho kandi biramba kuko iyo uguze igikoresho muri Konka Ibikoresho byose uguze muri Konka unahabwa garanti y’amezi 14.

Frigo za Konka

Uhitamo iyo ushaka ukurikije ingano, ubwiza no gukomera zose zirabinganya

Frigo za Konka

Frigo za Konka

Frigo za Konka

Frigo za Konka

'Deep freezer'nazo uzisanga muri Konka

Frigo za Konka

Frigo za Konka

Ku ifoto na we uribonera ubushya bwazo

Uretse Frigo, muri Konka unahasanga telefoni zigezweho na Ecran za rutura

Frigo za Konka

Uretse Frigo, muri Konka unahasanga telefoni zigezweho na Ecran za rutura

 Ku cyicaro gikuru

Ku cyicaro gikuru cya Konka Group Company LTD

Muri Konka kandi uhasanga imashini zimesa imyenda (iz’ibiro 8 n’iz’ibiro 12), ibyuma byo muri saloon byumutsa imisatsi (Hair Drier), utwuma tubasha kugutekera umuceri utavunitse bita (Rice Cooker), Laptops nziza, telefone zigezweho (smart phones), ibyuma bitanga ubushyuhe cyangwa ubukonje (Air Conditioners) , Kettles, za cuisinieres zijyanye n’igihe, utwuma tw’amazi (Water Dispenser) na za kizimyamwoto. Ibi bikoresho byose bikaba bikoranye ikoranabuhanga rituma bikoresha umuriro mucye ushoboka .

Amaduka ya KONKA ushobora kuyasanga mu mujyi wa Kigali rwagati hafi ya Banki ya KCB ku muhanda ugana ku bitaro bikuru bya Kaminuza (CHUK.), ushobora kandi no kuyasanga muri T2000 nshya aho bafite amaduka abiri rimwe riri ku marembo ya T 2000 ku muhanda ugana muri gare, ndetse n’irindi riri ku muhanda ugana kuri Sulfo.

Wifuje ibindi bisobanuro birambuye ku bicuruzwa bya Konka ,ushobora guhamagara kuri nimero ya telefoni  0788547212.







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Kamariza 7 years ago
    Njye mbona byaba byiza bagiye bashyiraho ibiciro umuntu akajya abagana aziko hari icyo ari bwigondere. Murakoze
  • Asha7 years ago
    Mushize ho prices zabyo byaba akarusho hari igiye tubigura haze tugirango mu Rwanda birahenze kandi wasanga bingana bigatuma tutavinika tubyikorera thax
  • Amandine7 years ago
    Niba atari ibanga mwajya mnushyiraho ibiciro kuko byatuma twitabira turi benshi kuko usanga buri wese abaza undi ngo bihagaze bite ?
  • kanamugire sylvain 5 years ago
    Ecran ya 32"igura angahe?





Inyarwanda BACKGROUND