RFL
Kigali

Konka iributsa abakiliya bayo ko Poromosiyo yo kugura kimwe ukongezwa ikindi igihari

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:18/08/2016 13:56
0


Si ibanga Konka Group yabashyiriyeho poromosiyo aho umuntu agura igikoresho kimwe bakamwongeza ikindi. Uyu munsi iri kwibutsa abakiliya bayo ko iyo poromosiyo igihari kandi ikaba ikomeje. Ni ukuvuga ko ugura igikoresho kimwe ugasanga ikindi bagiteguye.



Abantu bose bamaze kumenyera ko niba bashatse ibikoresho by’ikoranabuhanga bigezweho, ibyo munzu,n’ubundi bwoko bwose bw’ibikoresho waba ukeneye harimo, amatelefoni, amatelevisiyo, amafiligo, n’ibindi bikoresho utazigera ubona ahandi hose babisanga muri Konka.

Iyi sosiyete yabashyiriyeho  poromosiyo igamije kukudabagiza wowe mukiliya ndetse n’umuryango wawe ngo mubeho neza kandi mufite ibikoresho bikenewe, byiza bigezweho kandi bihendutse.

Iyi Poromosiyo imaze kunezeza abatari bake kuko abakiliya bayo basanze muri konka isezerano ari isezerano kandi ridakuka. Iyo uhageze ibi bikoresho ubibona uko byakabaye, ndetse bakakongeza n’ikindi.

Iyo uguze igikoresho muri Konka  baguha poromosiyo ku gikoresho cyose uguze. Uragura gusa bakakongeza. Iyi poromosiyo nta handi wayisanga mu maduka yose mu Rwanda acuruza ibikoresho by’ikoranabuhanga kereka muri KONKA gusa.

Bitandukanye n’ahandi waba uzi kuko Konka iranakopa

Akarusho ka Konka kandi ni uko niba wowe ufite aho ukorera, mwishyize hamwe cyangwa mukeneye ibikoresho nka Kampani (Company) mwahagera bakabakopa mukazaba mwishyura. Nta handi muri uyu mujyi wa Kigali wabona bakopa usibye muri Konka honyine.

Konka ifite ibikoresho byiza kandi bidasanzwe nk’ubu harimo televiziyo ya rutura idasanzwe ushobora kureba nk’uko bisanzwe cyangwa washaka ukayikoresha nka Mudasobwa (computer). Iyi ni taci (touch creen). Ni nini cyane kandi ntihenze ugereranyije n’uko ikora.

Konka igufitiye udutelefoni dufite umubyimba muto kuburyo iyo ugafite mu mufuka w’ipantaro nta we umenya ko mu mufuka harimo telefoni ya rutura ingana gutyo.

Ntiwumve uko ari nziza ngo utinye ibiciro byazo kuko ibikoresho bya Konka biracyari hasi cyane nko kuri televiziyo zo mu bwoko bwa SMART TV (LED FLAT TV) inches cyangwa Pourse 55 izi zo zagabanutse cyane

Hagabanutse cyane kandi na Smart Led TV 47 inches, Smart Led TV 42 inches na Smart Led TV 65 inches. Izi ziteye ukwazo kuko zifite ikoranabuhanga ridasanzwe utigeze ubona ahandi.

Ifite garanti idasanzwe

Konka iguha Granti y’amezi 14 ku bikoresho byose muguze nayo kuko izi neza ko nta gikoresho cyayo cyangirika vuba.

Ikindi ukwiye kumenya ni uko  Konka ihorana amapromotion ku bakiriya bayo ntago ari Tunga Konka gusa kuko hari n’ibindi byinshi byiza Konka ibateganyiriza mwebwe abakiliya bose. Bwira na mugenzi wawe muze mwigurire yo igikoresho muzaha abandi ubuhamya.

Dore aho wabasanga

Iduka rya KONKA riri mu mujyi wa Kigali rwagati hafi ya Banki ya KCB ku muhanda ugana ku bitaro bikuru bya Kaminuza (CHUK.) mu isoko rishya rya Kigali.

Ushobora kandi no kugera ku nyubako nshya ya T2000 ahateganye no kwa Ndamage, ku muhanda werekeza kuri Sulfo, ukigurira ibikoresho ushaka. Yaba, amatelevision, amatelefoni, amafiligo, ama Airconditioners, n’ibindi byinshi by’ubwoko bwose waba ukeneye.

Ushobora kandi no kubahamagara kuri izi nomero 0788547212

Hagere vuba wigurire igikoresho Promosiyo itagucika utiguriye.

Konka Group

Konka GroupKonka GroupKonka GroupKonka GroupKonka GroupKonka Group






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND