RFL
Kigali

Kaymu fashion week ibazaniye ibihembo bidasanzwe

Yanditswe na: Editor
Taliki:25/03/2015 14:34
0


Bimwe mu byo urubuga Kaymu Rwanda icururiza kuri internet harimo nibijyanye n’imirimbo yo mu byiciro bitandukanye,ndetse akaba ari bimwe mu bigurwa n’abanyarwnda cyane.



Ni mururwo rwego rero Kaymu yazanye igikorwa yise Kaymu Fashion Week aho ikangurira abantu bose kwitabira kuko harimo n’ibihembo bishimishije.

Uko igikorwa giteye:

Icyo bisaba cya mbere nuko ugomba kuba ufite ifoto nziza, aha bivuze ko ugomba kuba wambaye neza cyangwa ugaragara neza bijyanye n’imyambarire(Fashion) mu ifoto.

Igikurikira ni ukujya kuri Facebook page ya Kaymu ukayishyiraho ndetse ugasaba inshuti gukora Likes.Link yayo hano

 Ifoto

Ifoto ikenewe ninkiyo

Ifoto 2 zizagira Likes nyinshi nizo zizahembwa,imwe igomba kuba ari iy’umukobwa/umugore indi ari iy’umusore/umugabo.(Link) http://bit.ly/1MZUlBt

Umwanya ni uyu ngo twerekane uko tuberwa na Kaymu Rwanda,bimwe mu bihembo harimo isakoshi igezweho ndetse na Costume.

Komeza ukurikirane Kaymu kuri facebook kubindi bisobanuro

Icyitonderwa:Ifoto igomba ushyirwaho na Nyirayo.

Kaymu.rw ni urubuga ruhuza abaguzi n’abacuruzi mu Rwanda,iyo uguriye kuri Kaymu.rw uba uguriye umucuruzi runaka mu Rwanda,ukaba ushobora gusanga ibicuruzwa bitandukanye kuva kubikenerwa mungo kugeza kubikenerwa mu bucuruzi butandukanye:amatelephone,mudasobwa,imyenda….kaymu ikaba ifite uburyo bwo kwishyura butandukanye aho ushobora kwishyura aruko ibyo waguze bikogezeho cg se ugakoresha Tigo cash cg mobile money.

Kaymu ikaba yizeza abanyarwanda ibiciro biri hasi ku isoko ryubucuruzi.

 

 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND