RFL
Kigali

itel mobile yagushyiriyeho amahirwe yo gutsindira itel S13, iyi ni ya Smartphone ihebuje mu gufata amafoto acyeye!

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:20/10/2018 9:00
0


Nyuma y’aho itel mobile ishyiriye kw’isoko smartphone nshya yamamaye kubera amafoto acyeye afatwa na camera ya 13MP, ubu n’abatarayigura yabashyiriyeho amahirwe yo kuyitunga.



Biroroshye cyane rwose kugira ngo witabire niba ukoresha urubuga rwa Facebook cyangwa instagram, ifoto wifata ukoresheje camera y’imbere (Selfie) ikaba ifite umwihariko, ubuhanga ndetse no kuba yatangaza uwayireba wese akibaza uko wayifashe ni bimwe mu byingenzi biguha amahirwe yo kwegukana S13.

Itel Mobile

Iyi itel S13 ifite ibyiza byinshi abayikoresha bakomeje kuyikundira.

Camera 

Iyi itel S13 ifite camera ya selfie ingana na 13MP biyiha gufotora amafoto acyeye, ikindi kandi ni ikoranabuhanga rya 4in1 big pixel riri muri iyo camera kuko rituma ifata amafoto meza igihe icyaricyo cyose bitewe n’urumuri ruri aho uherereye.

Itel Mobile

itel S13 kandi ifite camera 2 z’inyuma zikorana ngo icyo ushaka aricyo ugaragaza cyane ibindi ubihishe nk’aho hari igihu. Ni ahawe rero ngo ube kabuhariwe mu gufata amafoto meza.

Itel Mobile

Umutekano

Kubera ikoranabuhanga ryo gufunguzwa igikumwe, birihuta kuba wafungura S13 kandi ntawundi wabasha kuyifungura kuko umutekano wose uba uri mukiganza cyawe. Fingerprint kandi wayikoresha ufata amafoto, witaba abaguhamagara, ufata video ndetse n’ibindi.

Iyi telephone kandi iri muzikoreshwa n’ibyamamare bitandukanye.

Iyi telephone kandi iri mu zikoreshwa n’ibyamamare bitandukanye

Dj Ira

Dj Ira akoresha iyi telefone, umubajije yakubwira ibyiza by'iyo telefone

Lucky

Umunyamakuru Lucky wa Televiziyo y'u Rwanda uzamwitegereze neza akoresha itel S13

Miss Igisabo

Miss Igisabo akoresha burya itel S13, ya mafoto ye meza ashyira ku mbuga nkoranyambaga ayafatisha iyi telefone

Nawe itabire irushanwa utsindire itel S13 kuri page za itel Rwanda kuri facebook kanda HANO. Naho instagram kanda HANO 

Itel Mobile

itel S13 iraboneka mu mabara atandukanye. Ubu wayisanga mu maduka ya itel mobile mu gihugu hose ukayitunga ku mafaranga y’u Rwanda ibihumbi mirongo itandatu na bitanu (65,000frw). Join itel Enjoy Selfie!






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND