RFL
Kigali

Ibirango bishya bya PRIMUS: "Ibihe byacu, inzoga yacu"

Yanditswe na: Editor
Taliki:28/06/2016 11:42
1


BRALIRWA Ltd, itewe ishema no gushyira ku mugaragaro ibirango bishya bya PRIMUS!. Nk’ikinyobwa gihatse ibindi ku isoko, PRIMUS izanye ibirango bishya kandi bijyanye n’igihe.



Ibi birango ni igisobanuro y’uko abakunzi ba PRIMUS bakataje mu iterambere. Mbese uko u Rwanda rugenda rutera intambwe igana aheza, ni nako PRIMUS itasigaye inyuma muri urwo rugendo.

Kimwe n’abakunzi bayo; PRIMUS ihora iteka igambiriye kugana heza kurushaho, ari naho hava ya mvugo igira iti: Ibihe Byacu, Inzoga Yacu.

Hari ku wa Gatandatu i Nyamirambo, ubwo ibirango bishya bya PRIMUS byashyirwaga ahagaragara, imbere y’abafana ba PRIMUS Guma Guma Super Star basaga ibihumbi  50. Icumu ryayo ni ya PRIMUS, igiciro nticyahindutse, isura ni shya.

Twese icyarimwe nkabitsamuye, mucyo tuzamure amacupa yacu tugira tuti: Ibihe Byacu, Inzoga Yacu.

Bralirwa Ltd






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Imanirutingabo7 years ago
    Nkunda primus kuruta umugore wanjye! Sorry! ariko umunsi nibuka mubi nuwo nuriyeho indege ngo ndajya i burayi nuko mbantandukanye nayo gutyo basha! Primus mugore mwiza uzajye Online njye nkugura nkubone iwanjye kuko ndenda kwicwa n agahinda.





Inyarwanda BACKGROUND