RFL
Kigali

Ibintu bigeze aho bishyushye muri Poromosiyo ya Tunga Konka

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:25/08/2016 20:53
4


Muri ya gahunda Konka Group LTD yihaye yo kunezeza abakiliya bayo ikabashyiriraho poromosiyo y’ikirenga yo kwigurira igikoresho kimwe bakakongeza ikindi, irakomeje kandi abantu benshi bavuga ko banezezwa n’ibikoresho by’indashyikirwa bahihahira.



Mu bisanzwe kampani Konka Group LTD birazwi ko ari iya mbere bidasubirwaho mu gucuruza ibikoresho by’ikoranabuhanga, birimo amatelefoni, amatelevisiyo, amafligo, n’ibindi bikoresho utazigera ubona ahandi hose. Ibikoresho bya Konka birizewe ku rewego mpuzamahanga ntawabivuga nabi kuko byujuje ibisabwa byose ndetse n’ikigo cy’igihugu cy’ubuziranenge RSB cyasanze ibi bikoresho ari ntamakemwa.

Iyo ugeze ahari iduka rya Konka baguha promosiyo ku gikoresho cyose uguze. Uragura gusa bakakongeza. Iyi promosiyo ntahandi wayisanga mu maduka yose mu Rwanda acuruza ibikoresho by’ikoranabuhanga kereka muri KONKA gusa.

Hagere wihahire igikoresho kidahenze kuko buriya Igitangaje ni uko Konka ibaha iyi promosiyo kuri buri gikoresho.Konka kandi yabazaniye n’ubundi bwoko bushya bw’amatelefone butari busanzwe nka: Konka smart phone K3, Konka smart phone L823, Konka smart phone V713 .

T1

R3

Akarusho ka Konka kandi ni uko niba wowe ufite aho ukorera, mwishyize hamwe cyangwa mukeneye ibikoresho nka Kampani(Company) mwahagera bakabakopa mukazaba mwishyura. Nta handi muri uyu mujyi wabona bakopa usibye muri Konka honyine.

S11

S2

Bimwe mu bikoresho byayo harimo ya televiziyo ya rutura idasanzwe ushobora kuyireba nk’uko bisanzwe cyangwa washaka ukayikoresha nka Mudasobwa (computer). Iyi ni taci (touch creen). Ni nini cyane kandi ntihenze ugereranyije n’uko ikora.

Konka ifite udutelefoni tutazakugora kudutwara kuko ni twiza kandi dufite umubyimba mutoya cyane ku buryo nta muntu wamenya ikintu utwaye mu mufuka wawe.

Ibiciro by’ibikoresho bya Konka biracyari hasi cyane nko kuri televiziyo zo mu bwoko bwa SMART TV
(LED FLAT TV ) inches cg Pourse 55 izi zo zagabanutse cyane. Hagabanutse cyane kandi na Smart Led TV 47 inches, Smart Led TV 42 inches na Smart Led TV 65 inches. Izi ziteye ukwazo kuko zifite ikoranabuhanga ridasanzwe utigeze ubona ahandi.

Konka ikugenera Granti y’amezi 14 ku bikoresho byose muguze nayo kuko yizeye ubuziranenge bwabyo. Ikindi ukwiye kumenya ni uko  Konka ihorana amaporomotion ku bakiriya bayo ntago ari Tunga Konka gusa kuko hari n’ibindi byinshi byiza Konka ibateganyiriza mwebwe abakiliya bose. Bwira na mugenzi wawe muze mwigurire yo igikoresho muzaha abandi ubuhamya.

Dore aho wabasanga

Iduka rya KONKA riri mu mujyi wa Kigali rwagati hafi ya Banki ya KCB ku muhanda ugana ku bitaro bikuru bya Kaminuza (CHUK.) mu isoko rishya rya Kigali.

Ushobora kandi no kugera ku nyubako nshya ya T2000 ahateganye no kwa Ndamage, ku muhanda werekeza kuri Sulfo, ukigurira ibikoresho ushaka. Yaba, amatelevision, amatelefoni, amafiligo, ama Airconditioners, n’ibindi byinshi by’ubwoko bwose waba ukeneye.

Ushobora kandi nokubahamagara kuri izi nomero 0788547212

Hagere vuba wigurire igikoresho Poromosiyo itagucika utiguriye.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • sammy7 years ago
    Niba ari no kwa mama za suku babikora mujye mushyiraho ibiciro muvugana nicyo muha umuntu iyo aguze ikintu runaka
  • ubarijoro hermogene7 years ago
    Turifuza ko mwaza tugezaho ibikoresho bya KONKA muntara nkuko abandi babigeje
  • Ok7 years ago
    Jye narahageze banyakira nabi mpita mbivamo ibya konka ubaza abakozi ukabona badashaka kugusubiza biyicariye. Ntaka customer kuri t 2000
  • 7 years ago
    narinyifite imeneka sceen none burimunsi baba barikumbeshya ngo ni kuri 15 zaburikwezi. hashize amezi atanu yose bakomeza kumbeshya gusa





Inyarwanda BACKGROUND