RFL
Kigali

Hamwe na MTN Rwanda, urubyiruko rwaryohewe na Expo 2014 ku buryo irangiye rutabishaka

Yanditswe na: Seleman Nizeyimana
Taliki:6/08/2014 15:27
1


Kimwe mu bishitura urubyiruko muri iyi minsi ni imurikagurisha rya 17 riri kubera i Gikondo aho usanga abantu benshi biganjemo urubyiruko baba babukereye ariko by’umwihariko ku kibanza cya MTN hakaba hahora udushya twinshi twishimirwa n’urubyiruko.



mak

Uretse poromosiyo uhasanga aho ibiciro bya telephone zimwe na zimwe byakubiswe hasi, aha unahasanga ibikorwa bitandukanye by‘imyidagaduro harimo abahanzi n’ababyinnyi bagezweho basusurutsa ababa bagana ahacururizwa ibicuruzwa bitandukanye bya MTN ku buryo mu gihe iri serukiramuco ririmo rigana ku musoza urubyiruko rwo rwari rukifuza kwibanira na MTnN muri iyi Expo nk'uko bamwe bagiye babidutangariza.

MNJH

Abantu biganjemo urubyiruko baba ari urujya n'uruza kuri MTN

MAM

Amatsinda y'urubyiruko abyina aba yabukereye mu gususurutsa abantu

Mtn ivuga ko urubyiruko ari bamwe mu bakiliya bayo b’imena ku buryo mu bikorwa nk’ibi babatekerezaho cyane kugirango bakomeza kwishimana n’ibyiza byayo.

Nizeyimana Selemani






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • JIRE9 years ago
    MTN hari byo ikora byiza ariko ikibazo kibicirobyayo nidanje





Inyarwanda BACKGROUND