RFL
Kigali

Call Rwanda mu gufasha inzego zitandukanye gutanga ubutumwa bw’umuganda w’ukwezi kwa Werurwe!

Yanditswe na: Seleman Nizeyimana
Taliki:22/03/2017 14:47
0


Abanyarwanda batuye mu Rwanda ndetse n’inshuti z’u Rwanda bamaze kumenyera igikorwa ngaruka kwezi cy’umuganda rusange aho bahura bagakora ibikorwa by’isuku mu bice batuyemo ndetse n’ibikorwa bitandukanye by’ubaka igihugu.



Call Rwanda rero mu rwego rwo kurushaho guteza imbere itumanaho ry’ihuse kuri ubu yashyizeho ihananuka ry’ibiriro ridasanzwe ku bayobozi b’imidugudu n’utugari bifuza kohereza ubutumwa bugufi buhamagarira abaturage kwitabira umuganda banabamenyesha aho uzakorerwa.

Aha ni nyuma y’uko abantu benshi hari igihe bibagora kumenya amakuru yaho bari buhurire kubera ko akenshi baba biriwe mu murimo itandukanye ntibabashe kumenya neza amakuru yo mu midigudu aho baturuka. 

Iyo ukoreshe Bulk SMS za Call Rwanda, ku bafite telefoni aho yaba ari hose ubutumwa bumugeraho. Call Rwanda ikaba ishishikariza abanyarwanda bose muri rusange ko bagana servisi za Call Rwanda, bakajyana n’icyerekezo u Rwanda rushaka.

Call Rwanda wayisanga hirya no hino mu gihugu mu bayihagarariye. Wifuza kugira icyo ubaza cyangwa icyifuzo wahamagara kuri 0788302371/ 0789533616 cyangwa ukabandikira kuri email: crispin@call-rwanda.com na Patrick@call-rwanda.com bakagufasha. 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND