RFL
Kigali

Bralirwa yagejeje ku bakunzi b'ikinyobwa cya Turbo icupa rishya rya Sentiritiro 50

Yanditswe na: Editor
Taliki:14/11/2014 12:37
9


Isosiyete ikora ibinyobwa bisindisha n’ibidasindisha Bralirwa, irishimira kugeza ku bakunzi b’ikinyobwa cya Turbo King by’umwihariko n’ibinyobwa byayo byose ko yashyize ahagaragara ubundi bwoko bw’icupa ry’iki kinyobwa, iryo rikaba ari icupa rinini rya sentiritiro 50 (50 Cl).



Ubu bwoko bw’icupa rishya buje busanga irindi rya Turbo King rya Sentiritiro 33 ryari risanzweho guhera mu mwaka wa 2010, iri rishya rya Sentiritiro 50 rikazaba rigura amafaranga y’u Rwanda 600 mu gihe iryari risanzweho ryo rikiri ku mafaranga y’u Rwanda 400.

Iri cupa rishya rifite isura irigaragara neza kuburyo iyi sura idasanzwe iha abasanzwe bakunda iki kinyobwa kuryoherwa by’akarusho, abakunzi b’uburyohe bwa Turbo King nabo bakaba bazakomeza kumva uburyohe basanzwe bazi kuri iki kinyobwa.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • ogen9 years ago
    nonese ko bataduhaye izo gusogongera kdi bazemereye abantu ni bakwakwanye icyaka.kimeze nabi!!!!!!
  • 9 years ago
    Sawa murakoze
  • Ntirushwamabokoben9 years ago
    ndinyanza.iyozogatwayikunzecyane
  • ntambara9 years ago
    murakoze peee mukomerezaho turabafan
  • Damour 9 years ago
    bayiya safi
  • PV9 years ago
    Byiza cyane
  • 9 years ago
    Eeeh mbega ibinu byiza we mubadushimire kbs
  • chris9 years ago
    iyo babyibatije Safi we ngo iti mucupa nkirya knowless
  • niyonzima9 years ago
    haha numvise bayibatije safi kubera ririya cupa irimo,ngo rimeze nkirya knowless





Inyarwanda BACKGROUND