RFL
Kigali

Nyamirambo: Tizama Bar &Restaurant ifitiye poromosiyo idasanzwe abazahasohokera mu mpera z'iyi weekend -NTIMUCIKWE

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:25/05/2017 19:48
0


Kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Gicurasi, Ku basohokera i Nyamirambo muri Tizama Bar and Restaurant nubwo ibiciro by’ibinyobwa bisanzwe biri hasi noneho hazaba harimo na promosiyo y’ikinyobwa cya Mutzig aho uzajya ugura eshatu ugahabwa indi y’ubuntu.



Ku bijyanye n’imyidagaduro,Tizama Bar&Restaurant bafite ibyumba binyuranye aho ukunda umupira arebera umukino runaka yahisemo dore ko bafite ubushobozi bwo kwerekana imikino myinshi icya rimwe, usibye imikino ariko kubera ubwinshi bw’ibyumba bagira byo kwicaramo kandi binini Tizama Bar&Restaurant hari naho bagusigira wiyicarira uganira n’inshuti zawe bagucurangira indirimbo zinyuranye.

Usibye ibi ariko indi mpamvu inakomeye ni uko aha ariho honyine usanga ibyo kunywa by’ubwoko bwinshi kandi amasaha yose ubishakiye dore ko bakora amasaha 24/24 iminsi 7/7, ibi byakubitiraho ko ibiciro byabo biri hasi bituma abantu bashaka gusohoka Tizama Bar & Restaurant bahafata nk'aha mbere i Nyamirambo ho gusohokera. Tizama Bar & Restaurant iherereye i Nyamirambo haruguru gato ya Club Rafiki ahateganye neza neza na BK ishami ry’i Nyamirambo.

Tizama

Tizama

Promotion iri mu icupa rito rya mutzig

Tizama

Tizama

Tizama

Abifuza kuganira,Tizama bar and restaurant ibafitiye imyanya myiza yo kwicaramo mu byumba bitandukanye

Tizama

Ibinyobwa bitandukanye muri Tizama

Tunywe mu rugero!!!






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND