RFL
Kigali

Akabyiniro ka Spring Club kateguye igitaramo cy’umwihariko wa muzika y’Uburundi

Yanditswe na: Christophe Renzaho
Taliki:29/05/2015 13:06
1


Kuri uyu wa gatandatu tariki 30 Gicurasi 2015, akabyiniro ka Spring Club gahereye ku Kimironko kateguriye abakiriyaba babo igitaramo gifite umwihariko ku Barundi n’abakunda muzika yo muri iki gihugu, igitaramo kizatangira guhera ku isaha ya saa moya z’umugoroba(7PM).



Umuhanzi Kiki Toure wegukanye umwanya wa kabiri  umwaka ushize mu irushwanwa rya Primusic, rimeze nka Guma Guma yo mu Rwanda azaba aririmba mu buryo b’umwimerere.  Uretse Kiki Toure hazaba kandi hari na Patient Matabaro na we uturuka mu Burundi.

Spring Club

Spring Club

Spring Club

Spring Club ni akabyiniro kari ku rwego rwo hejuru muri Kigali

Kwinjira muri iki gitaramo ni ibihumbi bitanu by’amanyarwanda kuri buri muntu(5.000 Frw). Spring Club ni akabyiniro  kari kurwgo rwo hejuru gaherereye ku Kimironko kuri Hotel le Printemps imbere ya Gare.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • piter8 years ago
    ebana ahahantu niheza cyane ngomba kujyayo tu!!!





Inyarwanda BACKGROUND